Karame
Anyemeza, ko ndi umunyabyaha(He convinced me that I am a sinner)
Ngo Ninze, negere aho ari(So I may draw near to Him)
Ku gicaniro, ngo mbabarirwe(At the altar, to be forgiven)
Ndirimb’indirimbo z’urukundo(And sing the love songs)
Yewe mutima wanjye(Dear heart of mine)
Reka njye nkwibarize(Let me ask you)
Ese nawe uramukunda?(Do you love him too)
Wabasha kubihamya(Can you testify that)
Ngaho ririmba(Now therefore, sing)
Utere hejuru(Sing and Raise your voice)
Kandi uririmbe! Izamazamuka!(Sing the song of ascents)
Yewe mutima wanjye(Dear heart of mine)
Karame(Here I am)
Reka njye nkwibarize(Let me ask you)
Yego?(Yes?)
Ese nawe uramukunda?(Do you love him too?)
Cane(Very much)
Wabasha kubihamya?(Can you testify that?)
Yego(Yes)
Ngaho ririmba(Now therefore, sing)
Utere hejuru(Sing and Raise your voice)
Kandi uririmbe! Izamazamuka!(Sing the song of ascents)
Nukuri naboonye, ineza itangaje!(I have surely seen, His wonderful Grace)
Nzahora ndirimba,(I will always sing)
izamazamuka!(the songs of ascents)
Nzahora ndirimba,(I will forever sing,)
izamazamuka!(the songs of ascents)
Yewe maso yanjye(Dear my eyes)
Karame(Yes)
Mbwira ibyo wiboneye(Tell me what you have seen)
Yego(Yes)
Ese yigeze aguhana?(Did He ever forsake you?)
Reka da!(Never!)
Wabasha kubihamya?(Can you testify that?)
Yego(Yego)